
Guhera tariki ya 04-07/02/2013, abafatanya bikorwa b’akarere ka Ruhango bari mu gikorwa cyo kumurikira abagenerwa bikorwa ibyo bakora kugirango nabo babigiremo uruhare. Iri murikagurisha “expo” ryatangiye kuri uyu wa mbere tariki 4/1/2013 rikazatangizwa ku mugaragaro kumunsi ukurikiyeho na Guvereniri w’intara y’Amajyepfo Munyentwari Alphonse. Umyobozi w’akarere ka Ruhango wungirije ushinzwe imari n’ubukungu Twagirimana Epimaque, yavuze ko [...]